18/02/2026
Mu gihe Abatari bake barimwo uwuzwi nka Djihad ngo bariko bamubaga Kuma live Yaza Instagram n'ahandi, Aho yagaruka gutura I Kigali, Semuhungu Eric avuga ko Leta y'Urwanda ibicishije kuri Immigration yamuhamagaje Kacyiru.
Mu Kiganiro na Godfather kuri TikTok, Yagarutse kuri iryo hamagarwa ryiwe Kacyiruz avuga ko bamubereye abavyeyi, bamubaza ko abasha gukurikirana imitungo yiwe yasize muri Amerika, cyanga babikurikirana.
Semuhungu yanemeje ko Abanyarwanda bamugambaniye bigatuma gahunda yarimo muri Amerika zihagarara ngo bazwi muri Immigration kuko yasize abavuze.
Semuhungu yagize ati : "Leta y'Urwanda n'umubyeyi, ni n'abantu beza. Barampamagaye kuri Immigration Kacyiru, barambaza bati Account zawe za bank, imitungo yawe byose uri kuby'accessinga, umeze neza, cyanga tuvugishe Leta ya hariya, ibintu byawe tubikurikirana bize. Kugira wumve ukuntu Rwanda government Ari abantu beza.
Nanjye nti ibintu byanje ndabifite, ama compte ya bank ndi kuya minitaringa, nshobora gu transfera amafaranga.
Bati bagufashe neza, Igihe wari hariya, nti bamfashe neza. Mbabwira amazina ya bariya bantu bampemukiye byose wumve ko bicara banabizi."
Written by Mp Yann