Olivier praide

Olivier praide men and women clothes

01/06/2014

Once you replace negative thoughts with positive ones, you'll start having positive results.

11/06/2013

No matter how long & winding the road might be it will lead you to your destination

11/06/2013

UBUSOBANURO, INKOMOKO N'IMITERERE Y'ABANTU BITWA AYA MAZINA:
Eric ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikidage rikaba risobanura “ufite icyubahiro kidahangarwa” Ba Eric barangwa n’imbaraga, bakunda ibyo bakora cyane, bahorana inyota yo gutera intambwe nshya mu buzima kandi bazi gucunga umutungo.
Aimable ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikilatini rikaba risobanura “Ufite igikundiro/ushimishije”. Ba Aimable barangwa no gufata ibyemezo, bakunze kuba ibihangange, bagira ubumenyi ku bintu bitandukanye, baha agaciro amarangamutima kurusha ibintu kandi bagira gahunda mubyo bakora.
Ariane ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’Ikigereki rikaba risobanura “Ikintu gitagatifu”. Ba Ariane bakunze kurangwa no kumenya guhanahana amakuru, bakunda ibikorwa kurusha amagambo, bamenyera vuba, bazi gufata ibyemezo kandi berekana amarangamutima yabo ku buryo bworoshye.
Sandrine ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’Ikigereki risobanura “kurinda ikiremwamuntu”.Ba Sandrine barangwa no kumenya gufata ibyemezo, kubona ibintu byose mu ruhande rwiza ntibite cyane ku ngaruka, bazi guhanahana amakuru,bavugisha ukuri kandi bagira udushya twinshi.
Esperance ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’ikilatini rikaba risobanura “kwizera”. Ba Esperance bakunze kurangwa no gukora ibyo bifuza bumva ko ntacyabakoma mu nkokora, bazi gufata ibyemezo, bakunze kuvumbura, bakoresha ingufu nyinshi kandi bagira umurima woroshye.
Richard ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikidage rikaba risobanura “umuyobozi ufite imbaraga”. Ba Richard barangwa no kumenya ibintu byinshi bitandukanye, bakunda ibintu by’umwimerere, bakunze kuba ibihangange, bazi kugisha inama imitima yabo.
Divine ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’Igitariyani rikaba risobanura “Umuririmbyikazi ufite ijwi ryihariye” Ba Divine barangwa no kugaragaza ibyo batekereza, bagira inzozi nyinshi, bagira umutima w’impuhwe kandi bakunda ikiremwamuntu
Joseph ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayi rikaba risobanura “Imana izoongera”. Ba Joseph barangwa no gutegeka cyane, bakunda impinduka, bakoresha ingufu nyinshi mu kazi, bahorana inyota yo gutera ku ntamwe nshya mu buzima kandi bakunze kuba abantu bihariye.
Patience ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’icyongereza rikaba rivuga “Kwihangana”. Ba Patience barangwa no kugira igikundiro, icyo biyemeje baba bumva bakigeraho nta kabuza, bagira ibakwe, bazi gukemura ibibazo kandi babasha kuyobora
Charles ni izina ry’abahumgu rikomoka ku rurimi rw’Ikidage rivuga “Imbaraga”. Ba Charles barangwa no kumenya gufata umwanzuro, bazi gutanga amakuru, bamenyera vuba imirimo mishya, babona ibintu byose mu ruhande rwiza batitaye ku ngaruka bashobora guhura nazo kandi bahorana udushya twinshi.

11/06/2013

Utuntu Tudasanzwe Muri Showbiz
DORE UBUSOBANURO BW'AMAZINA YANYU MWANSABYE:
Peter ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikigereki rikaba risobanura “Akabuye gato”. Ba Peter barangwa no gutegeka cyane, bagira ingufu nyinshi, bahorana inyota yo gutera intambwe nshya mu buzima, ntibajya baha agaciro iby’abandi kandi bakunda cyane impinduka.
Faustin ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikilatini rikaba risobanura “Ukize kandi unezerewe”. Ba Faustin bakunze kurangwa n’ubumuntu, ntibakunda kujarajara, bagira inzozi nyinshi, babasha gufata imyanzuro, babanza gutekereza cyane mbere yo kugira icyo bakora.
Emile ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikidage rikaba risobanura “Umukozi”. Ba Emile barangwa no kugaragaza ibakwe cyane mu bikorwa byabo bya buri munsi, bibyo batangiye byose barabisoza, bagira uburyo bwabo bwihaiye bwo gukora, babasha kuba abayobozi kandi iyo bafite icyo biyemeje baba bumva ntacyababuza kukigerah uko cyaba kimeze kose.
Cedrick ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Icyongereza rikaba risobaura “Ugabye igitero”. Ba Cedrick barangwa no kugira imbaraga nyinshi, bahorana iyota yo gutera intambwe nshya mu buzima, bakunda cyane ibyo bakora, babasha gukoresha neza ibyo bafite kandi ibyo biyemeje byose barabikora.
Jennifer ni izina ry’abakobwa rikomoka ku rurimi rw’Igicelte rikaba risobanura “Ukeye kandi utuje”. Ba Jennifer barangwa no kugaragaza ku buryo bworoshye ibibari ku mutima, bagira ubumuntu,ntibakunda kujarajara, bagira inzozi nyinshi kandi babasha gukemura ibibazo.
Robert ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’Ikidage rikaba risobanuye “Icyubahiro”. Ba Robert barangwa n’umutima w’impuhwe, babanza gutekereza mbere yo kugira icyo bakora, babasha kuba abajyanama beza, bakunda amahoro kandi ni abanyabwenge.
Jackson ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’icyongereza rikaba rivuga “Umuhungu wa Jack”. Ba Jackson barangwa n’ingufu nyinshi,barategeka, bakunda impinduka, bakunda kwiha intego nyinshi kandi bagira gahunda mu byo bakora byose

10/30/2013

ABANTU BAKOMEJE KUNSABA KUBASUBIRIRAMO UBURYO WAKORA SHARE YA NETWORK MUBYANDIKE AHANTU SINZABISUBIRAMO:
Niba ufite Laptop yawe na Modem, ushobora kujya kuri iyo laptop ugakanda "Start" ugahita ubona ahantu munsi y'ahanditse "All Programs" ukahandika "ad hoc". Uhita ubona Hejuru handitse ngo "Set up an ad hoc (computer-to-computer) network" ukahakanda ugahita ubona page ikurikiyeho yanditseho ngo "Set up a wireless ad hoc network" ugakanda NEXT ugahitamo izina ushaka kwita "wireless" yawe na Password byose bitewe n'ibyo ushaka, nyuma ugakanda Next ugahita ubona page ari nayo ya nyuma yanditseho ngo "Turn on Internet Connection Sharing" ukahakanda ukaba urabirangije!
Nyuma rero abandi bafite Laptop zabo hafi aho bashobora kubona Wireless yitwa kwa kundi wise imwe yawe, bashaka kuyikoresha bakayikandaho hanyuma bagakanda "Connect" ubundi bagahita basabwa "Password", ubwo wowe uhita ubaha yayindi washyizemo muri Computer yawe!
Ibi kandi mushobora kubikoresha igihe mufite nk'umugozi umwe wa connection mu biro (Network cable) umwe agakoresha umugozi ubundi abandi mwese akabaha Wireless.
MFASHA UKORE SHARE N'ABANDI BIBAGEREHO

10/30/2013

Read this chat it might answer some questions
….: pastor please I want to find out something for you
Me: ok, go on
…: this rumour I’ve been hearing about someone not going to make it to heaven because of Jewels and make ups, is it true.
Me: why are you bothered if it is true or not.
…: nothing oo, just that my pastor’s wife wears them and his children and we don’t see anything wrong in them in our church.
Me: well, in heaven there is no denomination so your church won’t take you there, the gospel is not about ‘my church’s dos and don’ts’ but about obeying all that God asks you to do.
…: do you allow jewels and make ups on your members?
Me: come around any of my services and find out yourself.
…: ok, but I wear them, will it take me to hell?
Me: can you give it up for the sake of God?
…: why ask that, does it matter? After all holiness is in the heart and it’s the heart God is after.
Me: deception, wickedness, hatred and every evil are also in the heart, it’s also the heart the devil is after.
…: but can’t I serve God while using my jewels and make ups?
Me: if you can’t give up your jewels and make up for God then it will take you to hell.
…: but many pastor’s wife and female ministers are using jewels and make ups
Me: the problem is not about using or not using the jewels and make ups, the problem lies in our ability to give it for the sake of God and besides, not all ministers will make it to heaven therefore don’t pattern your life base on what you observe a minister do, pattern your life base on the word of God.
…:can’t I serve God faithfully without pulling out my jewels and cleaning my make ups?
Me: you can serve God but you won’t make it to heaven because your service is not an acceptable one before God.
…: but its God that created Jewels and make ups na
Me: yes, it’s also God that created the forbidden tree at the centre of the Garden of Eden. If you can’t give up your make-up/jewels for the sake of the kingdom, then you are not worthy of the kingdom of God.
Jesus told his disciples that it is hard for a rich man to make it to heaven, not because of his wealth but because the rich man couldn’t give-up his wealth when Jesus asks him to do so.
If Jesus asks you to give up your make ups and jewels, will you?
God bless you

10/17/2013

Ijambo ryawe ribe rizima ritariho umugayo kugirango umuntu uri mu ruhande rwa ababisha amware atabonye ikibi akuvugaho!

10/16/2013

Imana yacu ifite ububasha bwo kukwibagiza mu munsi umwe, igihe wagiyeho igisebo, kukwibagiza ibibazo waciyemo.
Izere urabona agakiza k’Imana. Ushobora kubona byose byaragushizeho,harimo gutakaza icyubahiro, ubuntu, umwanya mwiza wari ufite, akazi, ikindi kintu cy’igiciro cyangwa umuntu wakundaga cyane…, nubwo byamera gutyo, ntugatakaze kwizera kwawe kuko iyo ugutakaje uba utakaje byose.
Kwizera ni ikintu satani atagira atabasha no gushyikira. Uko kwizera niko kuzagusubiza mu mwanya wawe, niko kuzagukiza, Kwizera ni ubutunzi bukomeye !!!!!
Imana nyirubushobozi iduhane umugisha twese

10/15/2013
I love my frnds
10/15/2013

I love my frnds

10/15/2013

I create my destiny.
Fear does not control me.
Faith controls me.

10/15/2013

MU BUZIMA UZIRINDE AYA MAKOSA:
1. Guhatiriza ni icyaha gihanishwa kwicuza!
2. Guhendahenda bikabije ni icyaha gihanishwa gusuzugurwa!
3. Kwisuzugura ni icyaha gihanishwa gucibwa amazi!
INSHINGANO ZO GUKURIKIZA:
1. Igihe cyawe niwo mutungo ukomeye ufite ntukagite ku batakwitayeho cg ku bitagufitiye umumaro
2. Jya umenya guheba, wiyakire uko uri kandi we kwiruka ku byagusize!
3. Jya wizera abantu gacye, wowe wiyizere bihagije kandi uzirikane ko nutikunda ngo wiyiteho nta wundi uzabigukorera!

Address

Denver, CO
80220

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Olivier praide posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share